INKURU ZO MU NTARA

Rilima – Abarundi batunzwe agatoki ko bamaze Abatutsi

Mu murenge wa Rilima w’Akarere ka Bugesera habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, bibera mu…

- Advertisement -
Ad image

Min. Arakwiye yasabye ubufatanye mu kurwanya abapfobya Jenoside

Mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kabagali, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Bernadette Arakwiye, yasabye ubufatanye mu kwamagana no kurwanya abahakana…

Hibutswe Abatutsi bishwe nabi bajugunywa mu ruzi rw’Akagera

Bugesera - Nyuma y'igihe kirekire abatuye umurenge wa Juru bajya kwibukira mu wa Gashora, kuri iki cyumweru bibutse Jenoside yakorewe…

Nyamasheke: Urupfu rw’umwana w’amezi 8 y’amavuko rwateje impaka

Inzego z'umutekano zirimo gukurikirana urupfu rw'umwana w'amazi 8, bikekwa ko yapfuye "urupfu rudasobanutse", kuri iki Cyumweru. Kuri iki Cyumweru tariki…

Inkuru y’abagabo bagiye kwiba ihene yarangiye nabi

Bugesera: Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, abagabo bakekwaho kuba ari abajura b'amatungo bateye urugo rw'umuturage bagamije kumwiba ihene, nyuma…

Ruhango: Hari kuvugutwa umuti wo guhangana n’indwara zititaweho

Indwara zititaweho uko bikwiye ni zimwe mu zikomeje guhungabanya ubuzima bw’abantu, ahahini abazirwara zikabashegesha bitewe n’uko badafite ubumenyi buhagije mu…

Hari abagabo bafunzwe bakekwaho kwica umucuruzi

Huye: Inzego z’Umutekano zafashe abantu batatu bakekwaho kwica Karamira Aloys, usanzwe akora imirimo y’ubucuruzi bw’amafi. Urupfu rwa Karamira Aloys bakunze…

- Advertisement -
Ad image